in

Itandukaniro riri hagati y’imitekerereze y’abakire niya bakene n’impamvu abakene bahora bahomba

Itandukaniro riri hagati y’imitekerereze y’abakire niya bakene n’impamvu abakene bahora bahomba.

1. UMUKIRE arashora mu gihe umukene ahunika (arazigama), kuzigama si bibi ahubwo ibibi ni icyo uyakoresha

2. Umukire amara amasaha menshi atekereza icyabyara andi mafaranga mu gihe umukene amara amasaha menshi atekereza aho azasohokera, ahari ibirori n’ibindi byo kwishimisha.

3. Umukire ntatinya gutsindwa kuko aba ari kwiga, mu gihe umukene akenshi yanga kugerageza ibintu runaka yibwira ko azatsindwa.

4. Umukire ntajya arambirwa gukora bisinesi izazana inyungu mu myaka 10 cyangwa ikindi gihe kirekire. Ni mugihe umukene aba yumva ibyo akoze byose byahita bimuha inyungu ako kanya.

Ibyo kandi niyo mpamvu ituma abakene bahora bahomba ntibatere n’imbere.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndi mwiza kandi mfite n’ubwenge” Shaddy Boo ntiyumva ukuntu umuherwe wa Twitter yirengagije ubwiza bwe ndetse n’ubuhanga bwe budasanzwe akamuboloka

Axel Rugangura yagaragaje impano imurimo abari aho baratungurwa! Udushya twabereye mu bukwe bw’umuvugizi wa Rayon Sports Jean Paul wasezeranye n’umufana wa APR Fc ‘Gogo’ (Amafoto)