in

Israel Mbonyi yakuriyeho agahu abagande nyuma y’ibihuha byari bikomeje gukwirakwizwa ndetse bamwe bari batangiye kubyemera 

Israel Mbonyi yakuriyeho agahu abagande nyuma y’ibihuha byari bikomeje gukwirakwizwa ndetse bamwe bari batangiye kubyemera

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi abinyujije ku rubuga rwe rwa X yavuze ko nta gitaramo afite muri Uganda muri uyu mwaka nyuma yo kubona iki gihuha gikomeje gukwirakwizwa ku bwinshi.

Mu butumwa yatanze yagize ati” bantu bo muri Uganda, nta gitaramo mfite aho Kampala muri uyu mwaka rero mureke kwita ku bihuha bikomeje kuzenguruka.”

Ibi yabivuze nyuma yo kubona ko iyi nkuru ikomeje kugera kure ndetse hakaba hari n’abari batangiye kubyizera.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yashyizeho umuyobozi mushya uzanye ingamba zikomeye

Umu Ex wa Elon Musk yajyanye uyu mukire mu nkiko nyuma yo kunanirwa gukomeza guhishira ibibi amukorera (dore icyo ari kumuziza)