in ,

Ibintu byacitse muri Chelsea! Umutoza Antonio Conte ashobora kwirukanwa

Umutaliyani Antonio Conte ubura iminsi mike cyane ngo yuzuze umwaka mw’ikipe ya The Blues,amaze iminsi avugwaho kutumvikana n’umukinnyi Diego Costa yaba yaranandikiye ubutumwa bugufi (SMS) amusezerera.

Diego Costa na Antonio Conte

Ubwo butumwa bugufi butafashwe neza n’ubuyobozi bwa Chelsea nyuma y’aho Diego Costa yitotombeye ibinyamakuru,ubu nyuma yo gutwara Premier League,Conte yaba yatangiye gusaba kuvugana nta wundi muntu binyuzeho na Roman Abramovitch umuherwe w’iyi kipe kuko aba bagabo batapfaga guhit bavugana nta muhuza biynuzeho.

Icyo cyifuzo cya Conte cyaba cyatewe utwatsi nyuma y’aho anasabiye kwongererwa umushahara ndetse n’amafaranga atari make yo kwifashisha mu kugura abandi bakinnyi bashya aho andi makipe yo mu bwongereza yatangiye kwiyubaka mu gihe The Blues yo itaratangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Jay Z yashimwe n’umwe mu bategetsi bakomeye ku isi nyuma yo gutwara igihembo (isomere)

Ikipe ya Arsenal iri mu bibazo bikomeye byo gutakaza undi mukinnyi wayo ukomeye