in ,

Isomere ukuntu Zidane ashaka gufasha Cristiano Ronaldo kwibagiza abafana ba ruhago Lionel Messi

Ronaldo na Messi

Mu gihe abafana ba ruhago bamze imyaka baburana hagati ya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo,kuri ubu umutoza wa Real Madrid aje gukemura icyo kibazo.Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bombi banganya umubare wa Champions League batwaye aho buri wese yatwaye 4 gusa,CR7 akaba ariwe ufatwa nk’uwakoze ibidasanzwe muri iri rushanwa kuko yatwaye 2 zikurikirana kandi zose yarazitwaye ari kibamba mu gihe Lionel Messi iya 2006 yayitwaye akenshi asimbura.

ZIdane mu kiganiro n’abanyamakuru yagize ati “Real Madrid ni ikipe ihora ishaka gutwara ibikombe,iyo utwaye ibikombe byinshi muri saison nshya uza ushaka gukomereza ho,ariyo mpamvu twifuza gutwara Champions League ya 3″

Champions League ya 3 yaba ihinduye bidasubirwaho ikiganiro cya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda: Umutoza Arsene Wenger yasabye imbabazi abafana bashakaga kumwica

Irebere amafoto y’abanyarwandakazi beza cyane yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru