in

Ishyirwa mu kinyabiziga kikagenda nta nkomyi:Mu Rwanda hari gukorwa mazutu hifashishijwe amacupa ya palastiki 

Ishyirwa mu kinyabiziga kikagenda nta nkomyi:Mu Rwanda hari gukorwa mazutu hifashishijwe amacupa ya palastiki.

Mu Karere ka Kayonza hari gukorerwa umushinga wo kubyaza umusaruro amacupa ya palastiki agakurwamo mazutu.

Ni umushinga uri gukorerwa mu kimoteri cy’aka karere, aho abashoramari bavangura imyanda ibora n’itabora yiganjemo amacupa ya palasitiki agashongeshwa.

Gusa iyi mazutu iracyakorwaho ubushakashatsi ngo harebwe ubuziranenge bwayo.

Cyakora abayikora bari kuyifashisha mu modoka zitwara n’izitunganya ibishingwe, kugeza ubu muri uyu mushinga hatunganywa litiro 40 ku munsi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yamaganiye kure FERWAFA nyuma yo kumenya abasifuzi batatu bazasifura umukino wa Gasogi United na Rayon Sports

PNL: AS Kigali inaniwe kwikiranura na Sunrise FC