in

Ishyano ryaraguye: dore ibyo abakobwa basigaye bakorera bahungu ngo babakunde cyane

Kera bavugaga ko urukundo ari impumyi ariko magingo aya, hari abashaka kurugira impumyi ku ngufu kugira ngo bakunde cyangwa se bakundwe.

Muri Ghana ishyano ryagwiriye abahungu nabo ntibabimenya aho abakobwa basigaye batekesha amaraso y’imihango yabo bakayashyira mu biryo bateguriye umusore yabirya ngo ntazigere amwanga na gato kandi ntazigere amuca inyuma.

Ubundi ariya maraso ava ari uko nta kamaro akimaze mu nda y’umugore cyangwa se umukobwa, gusa bo nubwo nta kamaro abafitiye, bavumbuye ko bayakoresha bigarurira abasore.

Abantu b’ingeri zose bakibimenya, babyamaganiye kure bavuga ko ibyo bintu bidakwiye na gato kubera ko ntaho bihuriye n’ukuri.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Agakanzu kareke wana twirebere… » – Video ya Shaddyboo arimo gutwerkinga yambaye agakanzu gato yavuzweho byinshi

Nyabarongo itwara uyizaniye! Ibyabaye kuri uyu musore washatse kwiba umu Papa nubu ntabwo arabyibagirwa (video)