in

Ish Kevin yihanganishije abafana be bari bamwiteze mu gitaramo kizaba mu mpera z’iki cyumweru

Umuraperi Semana Kevin uzwi muri muzika nyarwanda ku mazina ya Ish Kevin yatangarije abafana be ko atazitabira ko atazaboneka mu gitaramo kizabera muri BK Arena muri iyi weekend.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Ish Kevin yatangaje ko byari amakosa kuba yari yashyizwe mu bahanzi bazafatanya na DeMarco mu gitaramo giteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru kirimo n’abandi bahanzi nyarwanda.

Ni nyuma y’uko abafana be bari batangiye kwikusanya ngo bazajye kumureba cyane ko yari kuri iyo nteguza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye amazina y’umusore wambitse impeta Miss Aurore Kayibanda wabenze Gafotozi Egide

Umwana w’imyaka 12 atunze undi w’imyaka 7 nyuma y’uko ababyeyi babo bafunzwe kubera 1000