in

“Isabukuru nziza aho uri mu ijuru” Christopher yakoze ikintu cyateye benshi gusuka amarira ku isabukuru ya Mama we witabye Imana

Umuhanzi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher yifurije isabukuru nziza y’amavuko Mama we witabye Imana mu ntangiriro z’umwaka ushize.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Christopher yavuze ko atewe ishema no kwitwa umwana we ndetse anamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Akomeza avuga ko Mama we ari we wamugize uwo ari we uyu munsi ikindi kandi ko kuba atakiri kumwe nabo ari agahinda gakomeye cyane.

Si ibyo gusa ahubwo yahise anishushanyaho amazina ya Mama we ibintu byazamuye Amarangamutima y’abatari bake.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari Umunyamakuru yagizwe Umunyamabanga mushya wa Rayon Sports

Umukwe yananiwe kwihangana ashaka gutera akabariro mu bukwe (video)