kugeza ubwo hari nabamubwira ko bamukeneye,bamukunda abandi bagafata igihe cyo kuvuga imyato zimwe mu ngingo ze z’umubiri bavuga ko ziteye ukwazo,urugero ni nk’uwagize ati”dagukeneye mama wanjye” undi ati” ndagukunda…untera ubusambo”
Nubwo abenshi bagaragaza ko bakunze imiterere n’imyambarire ya Priscillah hari n’abamunenga kandi bakabimwereka,abenshi muribo bakaba akenshi baba baganisha kukunenga imyambarire ye ,urugero ni nk’uyu wagize ati”……. Ntamwana mumunyarwanda wakabaye yishyira kukarubanda yambaye atyo. urumuhanga pe! ndahamyako ijwi ryawe rizakurura abafans utiriwe ugaragaza ibice byumubiri wawe.kuko niryiza. courage muri gahunda zawe zose