in ,

Irebere uburyo umuhanzikazi Asinah yambaye umwambaro umugundiriye bigatera abafana bamwe kumuha inkwenene.

Asinah wahoze akundana na Riderman ni umwe mu bakobwa babica bigacika mu myidagaduro ya hano imbere mu gihugu ,aririmba injyana ya Dancehall abenshi mumuzi mu ndirimbo nka Gimme Love ,kagoma,Mapenzi n’izindi….

Ntabwo Asinah azwi nk’umuhanzikazi gusa kuko na none amenyereweho gukora udushya turimo kwambara imyambaro ivugisha abatari bacye cyangwa kugaragara anyonga ikibuno (twerk),kuri iyi ncuro Asinah yashyize hanze ifoto imugaragaza yambaye umwambaro umugundiriye ku buryo ingano y’igitsina cye yateye bamwe kutaripfana maze bati ufite “camel toe “.

ku batazi camel toe ni uburyo umwambaro ugaragaza ingano y’igitsina mu buryo budasanzwe.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo aryohereye cyane uwahoze ari umukunzi wa Platini yamubwiye ku isabukuru ye y’amavuko

Romelu Lukaku yasabye abafana ba Manchester United kurekera gusebya uburebure bw’ubugabo bwe aho bari bamaze gukabya kumuserereza(Inkuru Irambuye)