in ,

Irebere igihamya ko Miss Amanda ari umutinganyi  ruharwa (Ibimenyetso)

Miss Isimbi Amanda wabaye igisonga cya Nyampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2012 [ubu ni CBE],akomeje kugaragaza ko abagendeye ku  umuco,uburanga n’imyifatire  bakamugira igisonga mu banyeshuli  ba kaminuza ibihumbi n’ibihumbi bari bamwibeshyeho ku buryo bukomeye.

amandatape

Amanda ni we nyampinga wenyine mu Rwanda washirutse isoni zo gushyira hanze amashusho amugaragaza ari gukora ibyangwa n’amaso y’Uwiteka,ni we kandi watinyutse  kwitabira igitaramo atambaye umwenda w’imbere icyo gihe hari Mu birori bya High school idols byabaye mu kwezi ku Ugushyingo 2014.

Ndetse kandi niwe wabashije gutangaza ko ari umutinganyi n’indaya ruharwa.twabonye aba Miss babyara batagira abagabo,ariko Amanda bo arabarenze kuko we niyo atumura urumogi abishyira ku mbuga nkoranyambaga nk’utanga isomo cyangwa uhumuriza ababaye.

amanda

Ni byinshi Amanda yakoreye ku karubanda wowe utabasha gukora niyo waba wiherereye,Mu minsi itatu ishize YEGOB.RW  iherutse kukugezaho amashusho agaragaza uyu mukobwa akora ibikorwa by’ubusambanyi  we ubwe yari yishyiriye ku hanze  .

Nyuma yuko yongeye gutangaza ko ibyo yakoraga bitari bikwiye kwitwa ubusambanyi yaje no kongeraho ko ayo mashusho yakuririjwe kugeza ubwo we yishyiriye hanze ibiganiro yagiye agirana na bamwe mu babajwe n’uko yiyandaritse mu rwego rwo kubahema .

 

 

 

https://www.youtube.com/watch?v=M2nUW7Mf0a8

Nubwo we yabahaga inkwenene abishongoraho ko bihaye kumuha impanuro,YEGOB.RW yabashije kubona ikiganiro uyu mukobwa yagiranye n’umwe mu bamubajije impamvu yiyambitse ubusa(izina rye twifuje kurigira ibanga),gusa ibisubizo bya Amanda  harimo gihamya yuzuye y’uko Amanda ari umutinganyi ubizobereye.

 

capture-vert

Amanda we ubwe yibwiriye uyu wamubazaga ati”
i am the baddest  b*tch you will ever Meet” tugenekereje ati “Ndi indaya mbi kurusha izindi uzabona.

Uwamubazaga ati”Look how that guy is on your Nipple ” tugenekereje ati” Reba ibyo uwo musore yagukoraga ku mabere”

Amanda amusubiza ntamususu ati” That is not even a Guy By The way…..That’s a Tomboy to make it go worse for you ”

Tugenekereje Amanda ati”Ntanubwo uriya ari umusore ubusanzwe ….ni Tomboy( Umukobwa witwara nk’abahungu” ubinkorera bikakubabaza

Nk’uko bigaragara ku foto (iri hejuru ) y’ubutumwa Amanda yoherezanyije n’uyu  wamubazaga ibyo yakoze tAmanda yamwibwiriye ko atari umutinganyi gusa ahubwo aryamana n’abagabo ndetse n’abagore,ati” Actually ,i am not lesbian,i am bisexual”

Tugenekereje ati “Ntabwo ndi umutinganyi,Ndyamana n’abagabo ndetse n’abagore “Igitangaje kurusha ibindi nuko Amanda yibwiriye uyu wamubazaga ko nubwo uwamukorakoraga yiswe umugabo ,ngo ntabwo ari umugabo ahubwo n’uwo basanzwe bakorana ibikorwa by’ubusambanyi.

Amanda abajijwe ngo”Ndashaka kumenya ko ufite uwo muzarushinga,uriya ni umusore mukundana”

Amanda ati” Ni uwo  (umukobwa ) turyamana …ntabwo njya nteretana kuko ntabibonera umwanya”.

Ni agahomamunwa karenze agahinda kumva  Amanda yivugira aya magambo akuraho  rujijo ashimangira ko uriya baba bakorana ibikorwa by’ubusambanyi  ari umusore ndetse  amanda ubwe yiyongereraho ko ari  umunyabibiri,n’ukuvuga aryamana n’abagabo ndetse n’abagore ( Bisexual :sexually attracted to both men and women),kandi abivuga abyirata aka wa mugani ngo ubuze ibyo yirata yirata amavunja.

 

Ngayo Nguko aya Amanda nk’ikimenyetso cy’uko bamwe mu batorerwa  guserukira no kubunga bunga umuco Nyarwanda aribo bawandagaza,gusa bikwiye kwereka abatora banyampinga ko  bakwiye kubishyirimo  ubushishozi buhambaye kuko  Banyampinga bigamba ubusambanyi no gutingana ntaho bageza umuryango nyarwanda.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire ubutumwa bukakaye umukinnyi Rwatubyaye Abdul yageneye abirirwa bamuvugaho ubusutwa (video)

Uburyo bwiza kandi bwizewe bwo kugabanya inda nini