Umunyamakurukazi akaba n’umushyushyarugamba Anita Pendo uzwi cyane mu bitaramo bitandukanye ndetse no mu biganiro byinshi by’imyidagaduro hano mu Rwanda ubu utwite inda ku munsi w’ejo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amafoto ari kumwe n’umukunzi we yavuzweho na benshi mu bafana be.

Anita Pendo akimara gushyira hanze iyi foto abafana be hirya no hino batangiye kugira byinshi bayivugaho.
