Abakinnyi bakomeye ku isi bazwiho kwambara imyambaro yamamariza inganda zigiye zitandukanye ni kubw’izo mpamvu mbere yuko champiyonat zitandukanye zitangira, izo nganda zigenda zimurika imyambaro n’inkweto zizakoreshwa mu rwego rwo kwamamaza ndetse n’abandi bazifuza batarebwa na ruhago bakaba bazibona mu rwego rwa sport.
Tukaba twabakusanirije amwe mu mafoto y’izo nkweto zamuritswe n’izo nganda:









