in ,

Irebere amafoto y’abakinnyi ba ruhago bakomeye ku isi aho bari mu biruhuko

Abakinnyi bakomeye b’umupira w’amaguru ku isi kurubu ubwo amashampiyona yarangiye abatarahamagawe mu makipe yabo y’ibihugu ndetse n’abahamagawe bose bafata umwanya bakajyana n’imiryango yabo ndetse n’incuti zabo mu biruhuko ku mpande zose z’isi, muri iyi nkuru tukaba twabakusanyirije amwe mu mafoto y’abakinnyi batandukanye aho baherereye ku isi ndetse n’ukuntu bari kwitwara mu biruhuko byabo.

Wayne Rooney n'umuryango we aho bari mu gihugu cy'ubwongereza
Wayne Rooney n’umuryango we aho bari mu gihugu cy’ubwongereza
Dani Alves iwabo muri Brasil mu kwiyibagiza insinzwi ya Juventus
Dani Alves iwabo muri Brasil mu kwiyibagiza insinzwi ya Juventus
Mario Balltoteli ku rutare mu butaliyani yitegereza irenga ry'izuba
Mario Balltoteli ku rutare mu butaliyani yitegereza irenga ry’izuba
David Beckham n'umuryango we aho bari mu misozi yo muri Amerika
David Beckham n’umuryango we aho bari mu misozi yo muri Amerika
Mesut Oezil muri Leta zunze ubumwe z' Amerika
Mesut Oezil muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika
Lewis Hortby n'umufasha we mu budage
Lewis Hortby n’umufasha we mu budage
Eden Hazard mu bitaro byo mu bubiligi aho bari kumukurikirana
Eden Hazard mu bitaro byo mu bubiligi aho bari kumukurikirana
Jerome Boateng muri Gym
Jerome Boateng muri Gym
Manuel Neuer n'imvune ye nawe akaba ari kwiyotera akazuba ko mubudage
Manuel Neuer n’imvune ye nawe akaba ari kwiyotera akazuba ko mubudage
Alexandar Dragovic n'umufasha we mu birwa byo mu butaliyani
Alexandar Dragovic n’umufasha we mu birwa byo mu butaliyani
Pierre Emerick Aubameyang n'umuryango we
Pierre Emerick Aubameyang n’umuryango we
Kevin Trapp umunyezamu w'umudage ufatira PSG
Kevin Trapp umunyezamu w’umudage ufatira PSG

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive: Nyuma yuko Miss Barbine yishyize hanze yambaye ubusa, dore uko ameranye n’umukunzi we

Ifoto ya Cristiano Ronaldo ari kumwe n’umuhungu we yatangariwe n’isi yose (yirebe hano)