Miss Keza Joannah ni umwe mu banyarwandakazi b’ibyamamare bazwiho kugira uburanga buhebuje. Uburanga bwa Keza Joannah bikaba bigaraga ko yabuhoranye kuva na kera nkuko bigaragazwa n’amafoto ye akiri umwana yashyize ahagaragara.
Mu gihe muri iyi minsi abastar nyarwanda benshi by’umwihariko (abakobwa) bakomeje kugenda banengwa bashinjwa kwitukuza, amafoto ye Keza Joannah agaragaza ko uburanga be ndetse n’inzobeye yabihoranye kuva akiri umwana muto cyane ataramenya no kugenda.Irebere amafoto utigeze ubona ya Miss Keza Joannah akiri umwana muto

Subscribe
Login
0 Comments
Oldest