in ,

Irebere amafoto utazi agaragaza uburanga n’ubushongore bw’umukunzi wa Emmy (amafoto)

Nsengiyumva Emmanuel wamenyekanye  cyane ku izina rya “Emmy”, wagiye akora indirimbo nyinshi zigakundwa  nka Nsubiza, Ntibigishobotse n’izindi nyinshi , aherutse  kuva muri USA aho asigaye abarizwa maze aza muri  Uganda aho yahuriye n’umukunzi we w’umunyarwandakazi wamuhogoje witwa Rwagasana Meddy.

YEGOB.RW  yaguteguriye amafoto agaragaza uburanga n’ubushongore bwa Meddy wasubije Emmy nk’uko yiririmbiye ati Nsubiza…[]

uerjama

anamkaaamakakaamakaananamaamaaklaauanma

Written by Dr

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
trackback

[…] Irebere amafoto utazi agaragaza uburanga n’ubushongore bw’umukunzi wa Emmy (amafoto) […]

Dore igihamya ko ubukwe bwa Safi na Parfine bwegereje (amafoto)

Ikimenyetso simusiga kigaragaza ko inda Knowless atwite imaze kuba nkuru