in

Iraguha Hadji wavuzweho gufatana mu mashati n’umutoza we Yamen Zelfani yavuze uko byagenze ndetse anavuga ibyo abantu batari bazi

Iraguha Hadji wavuzweho gufatana mu mashati n’umutoza we Yamen Zelfani yavuze uko byagenze ndetse anavuga ibyo abantu batari bazi.

Nyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize Rayon Sports yatsinze Etoile de I’est, Iraguha Hadji yavuze ku bibaza bye muri Rayon Sports.

Mbere y’uko umutoza Yemen Zelfani wa Rayon Sports yirukanwa, byavuzwe ko Hadji yafatanye mu mashati na we.

Mu kiganiro na Igihe, Iraguha Hadji yabihakanye yivuye inyuma ko bitigeze bibaho.

Ati: “Ni amagambo y’abantu, ntabwo ntafatana n’umutoza wanjye.”

Abajijwe ku mpamvu Zelfani atigeraga umukinisha, Hadji yavuze ko bagiranye utubazo n’umutoza bigatuma atajya umukinisha.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Enye za mbere Rayon Sports yazigezemo: Uko urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ruhagaze nyuma y’uko umutoza wa mbere yirukanwe

Umukinnyi yahawe amafaranga menshi abandi bakinnyi ba Rayon Sports barumirwa