in

Inzara yatumye indaya zemera guhabwa kawunga n’ibishyimbo kugirango zirarane n’abakiriya bazo ijoro rimwe.

Abakobwa bakora umwuga w’uburaya muri Dema Growth Point, muri Zimbabwe, ubu bemera agakombe kuzuye kawunga cyangwa ibishyimbo nk’ubwishyu butangwa n’abakiriya babo babuze amafaranga agera ku bihumbi bitanu by’amanyarwanda (amadorali 5 y’Amerika) hanyuma bakararana nazo ijoro rimwe.

Bamwe mu ndaya bavuganye na ‘New Zimbabwe’, basabye Guverinoma y’iki gihugu n’indi miryango inguzanyo zoroheje kugira ngo batangire imishinga ibyara inyungu yo gutunga imiryango yabo ishonje.

Umwe mu bakobwa bakora umwuga w’uburaya witwa Alice yagize ati: “Igihe cyashize ubwo twishyuzaga amadorari 5 y’Amerika ijoro ryose. Muri iyi minsi n’idolari rimwe turaryemera kugira ngo turebe ko twaguramo imboga kuko turashonje amafanga yarabuze”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Judith wahoze ari umugore wa Safi Madiba ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we mushya(AMAFOTO)

Bimwe mu bintu bisigaye bizonga abakobwa b’iki gihe bikabatera gutendeka abasore.