in

Inkuru nziza ku banyeshuri batanyuzwe n’ibyavuye mu manota babonye! NESA yagiriye inama y’icyo gukora ku muntu wabonye atishimiye imyanzuro y’amanota y’ikizamini cya Leta agasanga yararenganyijwe

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nzeri 2023, nibwo amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza(P6) n’ikiciro rusange (S3), gusa hari abatanyuzwe nayo babonye kiko bumva ko bakosowe nabi.

Hari uwabajije NESA ikibazo gisa gutya, aho yagize ati “Nabajije ariko ntimwatsubije! Umwana ufite ubumuga bwamaso utabona nagato mwahaye icyigo gitandukanye nicyo basanzwe bigaho muba mwagendeye kucyi kugirango mubahindurire ibigo kandi imyigire yabo itandukanye niy’abana babona?”

Abo muri NESA bamusubije bati” Mwiriwe neza, Ejo Muzajye ku Karere muzahasanga umukozi wa NESA azabafasha kujurira.
Murakoze.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Kakubiswe indege yenda kugwa! Abagenzi babiri batereye akabariro mu ndege abagenzi bose baza gutora ubusurira