in

Inkuru nziza ku bantu batuye i Kigali biyandikishije kuzakora ibizamini byo gutwara ibinyabiziga

Nyuma yuko tariki ya 15 Nyakanga 2022 abanyeshuri bize biteguye gukora ibizamini bya burundu byo gutwara ibinyabiziga bamenyeshejwe ko bashobora kwiyandikisha banyuze ku rubuga rw’Irembo, kuri ubu Polisi y’U Rwanda yashyize ahagaragara urutonde rw’abanyeshuri biyandikishije mu Mujyi wa Kigali bazakora ibizamini bya burundu guhera tariki ya 01 Kanama 2022 kugeza tariki ya 11 Kanama 2022.

 

NIBA MWARIYANDIKISHIJE MUKABA MUSHAKA KUREBA KO MURI KU RUTONDE RW’ABAZAKORA GUHERA KU YA 01/08 KUGEZA KU YA 11/08 MWAKANDA HANO

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yahambwe ari muzima ubwo yacukuraga ubwiherero bw’ishuri

Ufite uburwayi bwo mu mutwe yakoze ibyari byananiye abazima