in

Inkuru nziza ku bakunzi ba ruhago by’umwihariko aba-Rayon batagize amahirwe yo kugura itike yo kureba umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi bibazaga aho bararebera ibi birori bya ruhago

Ikigo cy’Igihugu cy’itangazamaku (RBA) cyatangaje umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi uri buce kuri Televiziyo Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Nzeri 2023 ku isaha ya Saa kumi nebyiri z’umugoroba.

Ubu imodoka iba irimo ibikoresho byifashishwa mu kwerekana uyu mukino, yamaze guhaguruka Kacyiru aho RBA ikorera, yerekeje kuri Kigali Pelé Stadium ahari bubere uwo mukino w’ishyiraniro.

Biteganyijwe ko Rayon Sports iza kwakira Al Hilal Benghazi mu mukino wo kwishyura mu ijonjora rya Kabiri rya CAF Confederation Cup. Umuko ubanza warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, Mutesi Scovia yakanzwe n’umugabo wasazwe n’umujinya agashaka kugonga umugore ku bushake Imana igakinga ukuboko akagonga igipangu (VIDEWO)

Buri wese yamwenyuraga! Abakinnyi ba Rayon Sports bakoze imyitozo itegura umukino bafitanye na Al Hilal Benghazi buri wese agaragaza akanyamuneza ku maso – AMAFOTO