in

Inkuru itari nziza ku bakunzi b’ikipe y’igihugu Amavubi: Mu gihe Amavubi ari kwitegura Senegal, umutoza wari kuzayitoza yakuyemo ake karenge

Mu gihe Amavubi ari kwitegura gukina na Senegal, umutoza Jimmy Mulisa ntazagaragara mu batoza b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, kubera ko yerekeje muri Tanzania gukora amahugurwa yo gushaka license A.

Aya makuru yemejwe na Ngendahayo Vedaste ushinzwe amakipe y’igihugu, aho yagize ati “Nibyo Jimmy ntawuhari, taliki ya 6 Nzeri 2023 dufite inama ya EXCOM tuzareba nimba twazana uzamusimbura cyangwa twareka abahari bagakora”.

Umukino w’Amavubi na Senegal utegerejwe kuri uyu wa gatandatu tariki 09 Nzeri 2023 kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byiringiro League yahise aza atabanje kuramutsa madamu we ngo bamarane urukumbuzi! League akimara gusesekara i Nyarugenge yahise asanga bagenzi be ahita anakora imyitozo – AMAFOTO

Umunyamakuru Niwemwiza Anne Marie yageze ku nzu ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’America iyi bita White House maze ahakorera ibintu byerekanye ko uko byagenda kose uhora utanyurwa