in

Inkuru itari nziza ku bakunzi ba ruhago mu Rwanda

Nyuma y’igihe ishyiramwe ry’umupira w’amaguru muri Africa (CAF) ritanze ibyo stade igomba kuba yujuje kugirango yakiri imikino.

Ayo mategeko yama stade muri Africa yaje gukora kuri stade zo mu Rwanda aho stade ya Huye yari yitezwe ko ishobora kwemerwa yaje kwangirwa.

Biteganyijwe ko ikipe y’igihugu izakirira imikino yayo mu gihugu cya Senegal harimo nuwo ruzakira ikipe y’igihugu ya Senegal.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Hotel amavubi acumbitsemo yateje urunturuntu

“nabaye I Barcelona cyane kurusha muri Argentine” Messi umutima w’i Barcelona urakunze, umubiri uranze, agahinda ni kose I Paris.