in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Inkuru itangaje y’umugore wafashwe ku ngufu n’umujura akamwibagiza umugabo we.

Ntibisanzwe ko umuntu yakwishimira gufatwa ku ngufu,gusa uyu mugore yatunguye benshi ubwo yahishuraga ibyishimo bidasanzwe yagize ubwo umujura yamusambanyaga ku gahato.

Uyu mugore uri mu kigero cy’imyaka 30 uvuga ko yitwa Janet ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko kuva yashaka atigeze agira ibyishimo nkibyo umujura yamuhaye ubwo yamufata ku ngufu.Ibi byishimo byamuviriyemo gusenya kuko umugabo yahise yaka gatanya akibona ibibaye kuri uyu mugore.

Janet, umugore wabana babiri avuga ko kuva mbere hose atigeze asambana kuburyo atari azi itandukaniro ryumugabo nundi kugeza ubwo yafatwaga ku ngufu.Asobanura uko byagenze yagize ati:” ubwo nafatwaga ku ngufu nari imbere yumugabo wanjye.Ubusanzwe nkora muri Banki ,ubwo nashakanaga numugabo wanjye mu myaka umunani ishize ,sinari narigeze menya ko nagira ibyishimo mu gihe cyo gutera akabariro no kurangiza, nabimenye ari uko njye numugabo wanjye tugiye gusura ababyeyi bumugabo wanjye,mu cyaro mu bihe bya Pasika.Ahagana mu masaa saba zigicuku, amabandi arindwi yagabye igitero mu rugo kwa Databukwe,byari biteye ubwoba. Ayo mabandi yabanje kwiba ibintu bifite agaciro byari mu nzu, birangiye ,uwari uyoboye ayo mabandi yavuze ko ashaka kunsambanya yahise azirika umugabo wanjye ku ntebe,ashwanyaguza imyenda yanjye ahita anyereka ubugabo bwe ngo agiye kubunkoreshaho.

Nagize ubwoba ndarira ndamwinginga ntakamba ariko biba iby’ubusa. Ibyari bigiye kuba byari bigiye kwangiza urushako rwanjye.Mu gihe njyewe nari nakaye numva ububabare siko byagenze.Uwo mujura ubwo yari atangiye numvise meze nk’ufashwe n’amashanyarazi ntigeze numva mu rushako rwanjye.Ntabwo nibuka igihe natangiriye kumufata ndamukomeza.Ntatangiye kuvuza induru nti “Mana yanjye’ibyishimo byarandenze ,ninginze uwo mujura ngo akomeze ntahagarare.Abandi babibonye nkaho nari nishimiye gufatwa ku ngufu.Nyuma nibwo bamwe bambwiraga ko navuzaga induru igihe nari ngiye kurangiza.Niko bimeze kuko nibwo nari ngiye kurangiza kuva nashaka nabonye ibyishimo umugabo wanjye atigeze ampa.
Abajura bamaze kugenda nsigara meze nkutazi iyo ndi .Umugabo wanjye yarankubise cyane bakigenda .Yanyise amazina menshi ntasubiramo ,ngo ndi indaya ,ngo ntiyakomeza kubana nanjye.Namaze mu bitaro ibyumweru bibiri bitewe nibyo umujura yakoze ndetse ninkoni nakubiswe.Umugabo wanjye yantaye mu bitaro asubira mu rugo.Narangiritse icyo gihe ndibaza ngo ni gute ibintu nkibi byambaho? Nkiva mu bitaro nasanze umugabo yaramaze gutegura impapuro za gatanya ngo nsizinye.Naramwinginze nababyeyi babijyamo ariko aranga ngo ibyo yiboneye namaso ye ntibyatuma ampa imbabazi.”

Janet avuga ko icyo umugabo ashaka ari gatanya kurusha kumva ububabare yari afite nubwo yafashwe ku ngufu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa uri mu ndirimbo ya Juno Kizigenza yatwitse instagram

Umusore yakatiye inkumi yashakaga kumwambika impeta, ahita akora ibidasanzwe.