in ,

Inkuru Ishyushye-Uwahoze ari umukinnyi ukomeye wa FC Barcelone ari guhigwa bukware na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (Impamvu)

Umwe mu bakinnyi bakomeye bagiriye ibihe byiza mw’ikipe ya FC Barcelone cyane cyane kuva 2005 itwara Champions League 2006.Rafael Marquez w’imyaka 38 kandi ugikina ruhago,kuri ubu ntago yorohewe kuko Leta Zunze Ubumwe z’amerika zimushaka hasi hejuru.

Ifoto y’abahigwa na Leta zunze Ubumw ez’amerik harimo na Rafael Marquez

Ni nyuma y’aho aketswe ko yaba yarifatanyije n’abandi bantu 22 bagakora agatsiko ko kwinjiza,gusohora no kugurisha urumogi (Cartel) mu gihugu cye cya Mexique harimo n’umugabo uzwiho gucuruza urumogi cyane witwa Raul Flores. Ikigo cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika cyita ku mutungo n’ububiko (United States department of treasury) kikaba kimaze imyaka cyiga kuri uyu mugabo n’aka gatsiko ke bakemeza ko baba bafite casino ndetse n’ikipe ya football ibafasha guhisha amafaranga ava mu rumogi.

rafael Marquez

Uyu mugabo wahoze ari myugariro ukomeye wa FC Barcelone akaba ashakishwa bikomeye na Leta Zunze Ubumwe z’amerika kubera gucuruza urumogi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abakinnyi bize ibintu bikomeye muri Kaminuza kurusha abandi kw’Isi

Meddy – SLOWLY