in ,

Inkuru Ishyushye-Undi mukinnyi wa Real Madrid ashobora gukurikira Cristiano Ronaldo muri gereza

CARDIFF, WALES - JUNE 03: Real Madrid team pose for a photograph prior to the UEFA Champions League Final between Juventus and Real Madrid at National Stadium of Wales on June 3, 2017 in Cardiff, Wales. (Photo by Matthias Hangst/Getty Images)

Nyuma y’urubanza rwa Cristiano Ronaldo,ushinjwa kuba yarahishe amafaranga angana na miliyoni 14 n’ibihumbi 700 by’amayero,undi mukinnyi wa Real Madrid,w’inshuti magara na Ronaldo,Marcelo nawe araregwa kuba yarakoze icyaha nk’icye.Football - Lucile Alard - Marcelo est dans le viseur de la justice espagnole. (Presse Sports)

Uyu mukinnyi Real Madrid yaguze mu mwaka wa 2006,urukiko rwa Espanye rwubuye dosiye imurega guhisha amafaranga muri sosiyete ibarizwa mu gihugu cya Uruguay bityo ntashyire mw’isanduku ya leta imisoro ingana na 490 000€) hagati y’umwaka wa 2011 na 2012.Uyu musore nyuma y’umukino Real Madrid yanganyije na Tottenham yatangaje ko abamuhagarariye mu mategeko bari kurebera hafi ukuntu iki kibazo cyakemuka vuba kandi neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marina – IMPANO

Inkuru Ishyushye-Lionel Messi ku mugaragaro ntago akeneye Ballon d’or ya 6