in ,

Inkuru ishyushye-Umukinnyi Real Madrid iherutse kugura ari guhigwa bukware kubera gufata ku ngufu

Iyi saison itararangira neza Real Madrid yaguze umusore Theo Hernandez wakinaga muri Deportivo Alaves ariko watijwe na Atletico Madrid byica amasezerano aya makipe yombi y’i Madrid yasinye ko atazajya agurana abakinnyi.

Theo Hernandez

Kuri ubu uyu musore w’imyaka 19 arashinjwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye umukobwa w’imyaka 20 mu gihe bavaga mu kabyiniro bakicara mu modoka y’uyu mukinnnyi nyuma y’aho yanze kwemera ko uwo mukobwa amucika gutyo gusa.

Uyu musore w’imyaka 19 yaba yararangije gusinya mw’ikipe ya Real Madrid nubwo amakuru atarajya hanze ngo abe yerekanwa nk’umukinnyi mushya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yiyogosheje ku buryo budasanzwe, reba amafoto hano

Reba ifoto y’umunyarwandakazi wikoze ku gitsina bigatangaza abantu benshi(yirebe hano)