in ,

Inkuru Ishyushye-Nyuma y’imikino 6 gusa Alexandre Lacazette yarangije kugera mu mateka ya Arsenal

Umusore w’imyaka 26 y’amavuko Alexandre Lacazette ikipe ya The Guunners yaguze miliyoni 60 z’amayero imukura mw’ikipe ya Olympique Lyonnais,ari gusubiza ibyishimo abayobozi n’abafana b’iyi kipe.

 Alexandre Lacazette

Nyuma yo kuba umukinnyi waguzwe amafaranga menshi n’ikipe ya Arsenal,Lacazette ubwo yatsindaga ibitego 2 ikipe ya West Bromwich Albion ku munsi w’ejo,yahise aba umukinnyi wa mbere wa Arsenal utsinze mu mikino ye 3 igihe Arsenal iri mu rugo kuva 1988 aho uwaherukaga kubikora ari umukinnyi witwaga Brian Marwood.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubusobanuro, inkomoko n’imiterere y’abantu bitwa Arnauld

Dore amafoto asekeje ya bamwe mu byamamare bikomeye mu Rwanda bataramenyekana cyane