in ,

Inkuru Ishyushye-Lionel Messi yateye ishyari bikomeye Cristiano Ronaldo n’abakunzi be

Cristiano Ronaldo uri kuvugwaho muri iyi minsi kuba yava mw’ikipe ya Real Madrid bikongeraho ko atari no kuvuga ko ayo makuru ari ibihuha ari kurakaza abafana be n’aba Real Madrid.Bikaba agahinda gakomeye cyane iyo abafana ba Barcelona bishimira ko Messi aherutse gusinya amasezerano mashya akaba azasazira muri iyi kipe.

Umuyobozi w’ikinyamakuru cyandikirwa i Madrid cyibanda cyane kuri Real Madrid,Alfredo Relano utajya ubusanzwe avuga nabi ku bakinnyi ba Real yashyize avuga nabi CR7 ku buryo uyu musore ari kubabaza abafana ba Real Madrid.

Yagize ati Cristiano Ronaldo ntashaka kunyomoza amakuru avuga ko agiye kuva muri Real ahubwo ari kwishyiriraho amafoto aryoshye mu biruhuko kandi aziko abafana bategereje kwumva icyo avuga.Barca yo yumvikanye na Messi ngo ahagume kugeza 2021 ariko Ronaldo we ntacyo ari kumarira ikipe ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impeta Miss Keza Joannah amaze iminsi agaragara yambaye iri kwibazwaho byinshi (amafoto)

AMAFOTO-Irebere inkweto nshya Cristiano Ronaldo azajya akinana zuzuye amabuye y’agaciro