in ,

Inkuru Ishyushye-HAHISHUWE ko mbere y’uko ava muri FC Barcelone,Neymar yabanje guha isomo rya ruhago Lionel Messi atazibagirwa

Nubwo yabyiyemereye inshuro nyinshi cyane ko Lionel Messi ari we mukinnyi areberaho kandi yigiraho (Role Model),nyamara nk’uko imibare ibyemeza neza amurusha kure gutera imipira y’imiterekano izwi kw’izina rya coup franc kandi ajya kuva muri FC Barcelone,yari akurikiye aho atazajya agira uwo azirwanira nawe kuko muri Barca nubwo yaziteraga ariko ntago byabaga ari buri gihe.

Lionel Messi saison ishize yatsinze igitego kuri coup franc amaze kugerageza inshuro 15 zose,nyuma aza gutsinda coup franc 4 mu mikino ikurikirana.Messi muri coup franc 55 yateye saison ishize yatsinzemo 4 mu gihe Neymar muri duke yabonaga yatsinze 3 muri 14 yateye.Mu gihe muri Paris Saint Germain muri 5 ateye zijya mw’izamu amaze gutsinda mo imwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aka ni akumiro: Hatahuwe impamvu Diamond yatumiye Shaddy boo mu isabukuru ye agaheza Zari

Bull Dogg yongeye guhamiriza umugore we urukundo rutavangiye amukunda imbere y’abafana be