in ,

Inkuru Ishyhusye-HAHISHUWE ko Lionel Messi agiye kugambanirwa bikomeye n’abasore yafashije kubaka izina ku mugabane w’i Burayi ku buryo azabyicuza ubuzima bwe bwose

 Alexis Sanchez et Neymar
Neymar na Sanchez barongera bahure

Mu gikombe cy’Isi giheruka cya 2014 cyabereye muri Bresil,ubwo abadage batsindaga ikipe ya Bresil 7-1 muri 1/2,abafana b’ikipe ya Argentine mu byishimo by’uko ikipe yabo yari yageze ku mukino wa nyuma,baserereje bidasanzwe abafana n’ikipe ya Bresil kubera uko bari batsinzwe ibitego byinshi cyane bavuga ko Maradonna arusha Pele ibigwi,ko Messi azaterura igikombe iwabo n’ibindi byinshi cyane ku buryo nyuma y’imyaka 3 abanya-bresil bataribagirwa.

Ku rubuga rwa Twitter,abanyabresil bakoresha hashtag ya #entregabrazil,bagaragaje ubwifuze ko ikipe yabo iyobowe na Neymar yarangije gukatisha itike igana mu gihugu cy’Uburusiya,yakwitsindisha ubwo izakina n’ikipe ya Chili,kugira ngo Alexis Sanchez na bagenzi be babone amahirwe y’uko bazitabira nabo igikombe cy’Isi ibintu bishobora gutuma ikipe ya Argentine ibura itike,bityo bakihimura ku bafana ba Argentine.

Reba video y’icyo gihe abafana ba Argentine babaserereza

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mukobwa yigamba kuba ariwe ufite ikibuno kinini ku mbuga nkoranyambaga

Intambara idasanzwe yarose hagati ya nyina wa Cristiano Ronaldo n’umukunzi we aho iyi yo ishobora kurangira ahisemo umwe gusa (IMPAMVU)