in

Inkumi yazengereje Sheri wayo urya amafaranga yakuye mu busambanyi

Umusore ntiyorogewe n’umukunzi we uhora amutuka amuziza ko arya amafaranga akura mu bandi bagabo baryamana.

Uyu musore uzwi ku izina rya MAINTENA @WebTechAndS kuri Twitter yavuze ko yamenye ko umukunzi we amuca inyuma ariko ahitamo gukomeza kubana na we kugirango akomeze abone ku mafaranga uyu mukobwa yinjiza.

Yavuze ko kuri ubu umukunzi we asigaye yirwa amutuka nyuma y’aho umusuye ashonje akarya ku biryo bye.

Uyu musore avuga ko yamututse kandi agaragaza ko yatetse ibiryo n’amafaranga yabonye binyuze mu busambanyi ariko akayaryaho.

Yavuze ko kuva icyo gihe atapfa kurya ikintu cyose uyu mukobwa yatetse.

Yanditse kuri Twitter; ”ndabizi ansha inyuma gusa mperutse kujya iwe nshonje ndya ku biryo bye none yararakaye.Yantutse ko amafaranga akoresha muguteka yayakuye mu buraya.Nibwo mperuka kurya cyangwa kugira icyo musaba”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje: Muri Kenya umugabo yishe mama we umubyara amuziza ibiryo

Amashirakinyoma ku ifoto ya Theo Bosebabireba ikomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga, yatumye benshi bamwita umusinzi