in

Inkindi Aisha ahisemo guhunga nyuma yo kwibasira abagabo akabita amagweja n’ibimonyo

Nyuma y’uko umukinnyi wa firime nyarwanda umaze kubaka izina rikomeye hano mu Rwanda uzwi nka Inkindi Aisha asabye imbabazi abinyujiji ku rukuta rwe rwa X nyuma yo gukoresha imvugo igira iti “Abagabo bandi imbere, ngo abagabo mu muhanda  nk’umuntu watoranyije bariya bana ba CTU kuki yatwaye abagabo bacu bose? Agasiga amagweja, ibimonyo n’ibiki.

Uyu mukinnyi wa filime amaze kubona ko ntagaturiro bifite yahisemo gusiba konti ye ya X kubera umubare mu nini w’abakomeje kumuryoza ibyo yavuze.

Nyuma yaho yahise ajya ku rukuta rwe rwa Instagram yandikaho ubutumwa avuga ko nta konti ya X afite izo bari bubone zose s’ize.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali umunyamaguru ubwo yambukaga umuhanda iruhande rwe habaye impanuka iteye ubwoba imodoka eshatu zirashwanyagurika na Howo ibyivangamo -Amafoto

Bari bageze mu nzira bataha! Umukino wahuzaga ikipe y’igihugu ya Morocco na Argentina usize inkuru i musozi