in

Ingona zigiye gutezwa cyamunara izindi zihigwe

Guhera taliki ya 17 Nyakanga muri uyu mwaka mu gihugu cya Namibia hazatangira igikorwa cyo guteza cyamura ingona 40 ndetse hatangwe n’uburenganzi bwo gutangira kuzihiga ku babifitiye ubushobozi.

Ibi bigiye kuba nyuma yuko izi ngona zizonze iki gihugu my kwangiza ibintu byinshi. Minisitiri w’ibidukikije muri kiriya gihugu yavuze ko uyu mwanzuro wafashwe bitewe nuko izi ngona zikomeje gutwara ubuzima bwa bantu benshi ndetse n’amatungo yabo.

Ndetse yavuze ko izi ngona zizahabwa abantu bazerekana ko bafite ubushobozi bwo kuzitunga ndetse n’ibisabwa byose.

Ndetse ni mugihe iki gihugu cyasohoye amafaranga menshi cyane yo kwishyura indishyi y’akababaro ku baturage bagiye bahungabanywa n’izi ngona ndetse n’ababuze ababo guhera muri 2019 amafaranga yarikubye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni beza nka nyina! Kecapu uherutse kwibaruka abana batatu icyarimwe, yaberekanye maze ubwiza bwabo bwigarurira imitima ya benshi (VIDEWO)

Bamaganiwe kure! Abigishije ba banyeshuri bagaragaye mu mafoto baheneranye banakandagiye ibitabo, bagize icyo bavuga kuri abo banyeshuri babo maze bitungura benshi