Umukinnyi wa filime uzwi kw’izina rya Gihozo Washyaka wamamaye muri Filime y’uruhererekane zitandukanye hano mu Rwanda nka Rupita yongeye kwiharira imbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye.
Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto y’indobanure agaragaza imiterere ye arangije arenzaho amagambo agira ati: “Niba udafite umutekano, tekereza niki? Isi yose nayo irahari, Ntugapfobye amarushanwa kandi wirengagize ibikurakaza, birenze uko ubitekereza.”
Reba ayo mafoto
