in

Indaya zavumbuye ikindi cyasimbura agakingirizo mu gutera akabariro

Mu gihe indaya zavugaga ko ikiguzi cy’agakingirizo gahenze muri Zambia, nk’intore bishakiye inzira kugira ngo bakomeze bakore akazi kabo kandi bitabahenze.

Agakingirizo muri iki gihugu kihagazeho aho kagura $1 cyangwa $2 ndetse no kutubona biragoranye cyane kandi abagura indaya ntago bishyura arenze kandi bamwe na bamwe baba bashaka kwirinda kubera ko baba batabizeye.

Hari amashashi avamo umugati, niyo izi ndaya zisigaye zikoresha ku mukiriya ushaka gukoresha agakingirizo kandi ari ntako bafite cyangwa se atatanze amafaranga yo kutugura.

Bamwe bemeza ko batangiye kubyumva gusa ariko hari abatari biyumvisha ko bakwiye gukoresha amashashi avamo umuagati ahubwo bakemera bagakorera aho gusa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
John Busiku
John Busiku
2 years ago

Urikigoryi mugingawe, kuki ubeshya abaturage wambwawe, urumusega. Abubwo niwowe ukoresha amashashi

Amafoto: Imyiteguro ya CHOGM igeze kure

Ifoto ya kera ya Ariel Wayz yashyizwe hanze ivugwaho byinshi