in

Indaya yagiye kurarana n’abasore babiri bigeze nijoro irabanyarira||Ibyakurikiyeho ni akumiro.

Umukobwa bivugwa ko akora akazi ko kwigurisha yahuye n’uruva gusenya akubitwa n’abasore bari bamuraranye azira kuba yabanyariye mu ijoro baryamye. Amakuru avuga ko aba basore bamukubise bamushinja kubaraza ahantu hatose mu nkari no kunyarira matera yabo kandi ari umuntu mukuru.

Amafoto y’uyu mukobwa yasakaye mu binyamakuru bitandukanye akubitwa n’aba basore bamuziza kubanyarira.Amakuru ntabwo avuga neza niba uyu mukobwa utatangajwe amazina n’inkomoko ye, yanyaye ku buriri ari mu nzozi cyangwa se yari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina. Abasore babiri bari bariye karungu bamukubita, bamutuka banamubwira amagambo mabi nk’ibintu byabababaje cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clarisse Karasira yashimye Imana n’abafana be nyuma yo gukora ubukwe.

Umukobwa wavukanye ubumuga bw’uruhu yavuyemo umunyamideli ukomeye ku isi nyuma yo gutabwa n’ababyeyi be akiri uruhinja.