in

Imyenda wambaye irimo gukurura abakubona! Umunyamakuru wa RBA Rigoga Ruth yagiye mu muhanda w’icyatsi bakoreramo siporo yambaye imyenda idasanzwe ikoreshwa siporo abantu batangira kuvugishwa -AMAFOTO

Umunyamakuru wa RBA uzwi kw’izina rya Rigoga Ruth ukora ikiganiro cy’urubuga rw’imikino yatunguye abantu ubwo yajyaga aho bakorera siporo yambaye imyenda idasanzwe.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto yambaye akajipo kagufi ndetse nikote ari mu muhanda w’icyatsi mushya wagenewe gukorerwamo siporo maze abantu batangira kuvuga ayabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo ni rutahizamu mushya Rayon Sports yaguze! Mama Sava ukunzwe mu Rwanda na we akaba akunze Rayon Sports, yagaragaye yambaye imyenda y’iyi kipe (AMAFOTO)

“Genda Rigoga Ruth warakize, reba aba Commandos bakurinda! Barangajwe imbere n’umuyobozi wabo Kwizigira Jean Claude, abanyamakuru bo mu rubuga rw’imikino bagaragaje ko bazi kung-fu gusa Reagan we yari yihagarariye atazi iyo biva