in

Imyaka ni imibare koko: Umusirimu Cristiano Ronaldo yongeye guha akazi ba myugariro n’umunyezamu b’ikipe bari bahanganye – AMAFOTO

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal ndetse na Al-Nassr yo muri Arabia Saudite, mu ijoro ryo kuri wa Kabiri tariki 23 Gicurasi 2023, yanyeganyeje inshundura z’izamu ry’ikipe ya Al-Shabab.

Muri uyu mukino uyu mugabo w’imyaka 38, yafashije ikipe ye kubona intsinzi nyuma yo gutsinda igitego cya 3 ari nacyo cyashimangiye intsinzi kuko izi kipe zombi zari zinganya ibitego 2-2, maze Cristiano ashyiramo icya 3 biza kurangira Al-Nassr itsinze Al-Shabab ibitego 3-2.

Mu gihe shampiyona yo muri iki gihugu ibura imikino 2 gusa ngo isozwe, Cristiano Ronaldo amaze gutsindira Al-Nassr ibitego 13.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu bihinduye isura i Nyarugenge ndakurahiye: Umuraperi Bushali yageze ibwotamasimbi ahita atangaza inkuru nziza ku banyarwanda (Amafoto)

Nicyo cyabahima: Umusore azanye bimwe byateye byitwa ‘Plank’ inkumi zimuviraho inda imwe hafi ku mumugaza(Amashusho)