in

Impamvu zituma uhora mu marira kandi ufite umukunzi

Abantu bakundanira kuri murandasi, ntabwo bamenya neza uko bagenzi babo bagaragara mu masaha asanzwe batambaye neza ngo bajye aho baganirira. Gusa abenshi bahorana ibyishimo kuko ntakunanizanya kubamo hagati yabo. Niba ukeneye kujya mu rukundo fata umwanya wawe, uhitemo neza aho uzabona ibyishimo n’umunezero.

ESE BIGENDA BITE? KUBERA IKI URIHO NK’UDAFITE UMUKUNZI KANDI UMUFITE?

Instant Checkmate ni urubuga rufasha mu kumenya amakuru y’abantu batandukanye muri Leta Zunze Ubumwe Za Amarika. Uru rubuga ruriho kuko rufasha kumenya amakuru, wakwibaza uti ”Ese kuki, rwabayeho, kuki rufasha abantu kumenya amakuru y’abandi bantu kandi babana?.Uru rubuga rukoreshwa n’abakundana cyane.

Ubusanzwe hari ubwo uzasanga umwe mu bakundana afite uburyo amenya amakuru ya mugenzi we, hari ubwo uzahamagara umwe muri bo, hitabe undi, hari ubwo uzandikira umwe muri bo undi aribe ari we ugusubiza. Ese utekereza ko ari iyi mpamvu? Ibyo reka tureke kubitindaho, gusa na we wibaze impamvu umukunzi wawe yagushyizeho ingenza kandi mukundana, ibi bizatuma wiheba, bizatuma wisobanura ku baguhamagaye bakitabwa n’undi nyamara atiri uko wabuze, bitume ubabara kurushaho.

Ikintu nyamukuru gituma abantu bakundana barambana ni uko bombi baba bashaka kubaho bishimye ndetse bose bafite byinshi bahuje ku buryo batabangamirana. Ahari wowe wasanga wowe n’umukunzi wawe mufite byinshi mudahuje, ibyo bizaba imbogamizi hagati yanyu ndetse bizatuma uhorana amarira kandi wakabaye wishima. Ntabwo ukwiriye kubabara. Birashoboka ko mushobora gutandukana kabone n’ubwo mwaba mukundana.

DORE IZINDI MPAMVU ZITUMA UHORA MU MARIRA KANDI UFITE UMUKUNZI

1. Intego zanyu z’ejo hazaza ntizihura

2. Abo mu muryango we ntibagukunda

3. Hari ikibazo cyo kutizerana hagati yanyu mwembi

4. Mukundana mutari kumwe (Long Distance Love)

5. Ntumwitaho

6. Ntukora ngo abibone

7. Ntabwo uzi gukoresha itumanaho ngo abone ko muri kumwe

8. Uba ushaka kumuhohotera rimwe na rimwe

9. Nawe ntabwo wigirira icyizere

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hadutse ikindi cyorezo kibasira abakize Covid-19.

Ariel Wayz kwifata biramunaniye nawe avuga ku mukobwa Juno Kizigenza yari ahetse