in ,

Impamvu Lionel Messi adashaka kongera amasezerano muri Fc Barcelona yamenyekanye(yisome hano)

Mu nkur yacu iheruka nibwo twabagejejeho inkuru ku bakunzi b’ikipe ya Fc Barcelona http://www.yegob.rw/iyi-ni-inkuru-yagahinda-ku-ikipe-ya-fc-barcelona-nabafana-bayoiyumvire/, ko umukinnyi Lionel Messi ashobora kuzasohoka muri iyi kipe aramutse atongereye amasezerano yagendera ubuntu. Muri iki gitondo rero nkuko tubikesha ikinyamakuru El Mundo  Deportivo impamvu nyamukuru uyu musore atifuza kongera amasezerano muri Fc Barcelona yamenyekanye. messi-home (Reuters)

Uyu musore nkuko El Mundo deportivo yabitangaje, we yari ategereje kureba uko ubuyobozi bw’ikipe buzitwara nyuma yo gutakaza Neymar, yari yabwiye ubuyobozi bwe ko yifuza kubona Angel Di Maria na Philippe Coutinho kugirango basimbuze ndetse banibagirwe Neymar, gusa ibyo ntibyabaye kuko ikipe yaguze Ousmane Dembele na Paulinho. Uyu mukinnyi rero impamvu nyamukuru atongeye amasezerano nuko ikipe itigeze yuzuza ibyifuzo bye bityo we akaba ntakazoza abona muri Fc Barcelona.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi ni inkuru y’agahinda ku ikipe ya Fc Barcelona n’abafana bayo(Iyumvire)

Isomere ibaruwa Kyian Mbappe yandikiye abafana n’abakinnyi b’ikipe ya Monaco yakoze ku mitima ya benshi