in ,

Impamvu barira niyi: Bruce Melodie adaciye ku ruhande yahishuye impamvu bamwe mu basitari nyarwanda baririra mu ruhame avuga n’impamvu we atajya aririra mu maso ya rubanda

Impamvu barira niyi: Bruce Melodie adaciye ku ruhande yahishuye impamvu bamwe mu basitari nyarwanda baririra mu ruhame avuga n’impamvu we atajya aririra mu maso ya rubanda.

Bruce Melody ibi yabigarutseho ubwo yari kuri Live ya Instagram ari kumwe na Dumba.

Ubwo dumba yabazaga Bruce Melody impamvu abona itera bamwe mu basitari nyarwanda kuririra imbere yabantu benshi.

Bruce Melody yasubije iki kibazo ntawe atunze urutoki gusa we yavuze ko abona ko guturika ukarira kuriya ari ukubera ibintu biba bikurimo wanze gusohora.

Gusa Bruce Melody we ahamya ko kuba ataririra mu ruhame aruko nta rindi banga akoresha ahubwo we ntago ajya atuma hari ibimugumamo kd bibabaje ahubwo we icyo abona nkumuti kd gifasha ni ugutobora ukavuga ibireremereye umutima wawe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko yaba ingana kose ihora ari umutamiro w’ipusi, umukobwa w’ikizungerezi kandi ushyitse yarongowe n’umusore w’umuherwe udafite amaguru ugendera mu kagare [AMAFOTO]

RIB yataye muri yombi Rukundo Félicien na murumuna we Kanyabashi Jean Claude batemaguye umurinzi wa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe