in

Imirwano hagati y’umutoza Tuchel na Konte ikomeje guca ibintu hanze aha (video)

Nyuma y’umukino Chelsea yanganyijemo na Tottenham (2-2) hagaragaye kutumvikana hagati y’abatoza Tuchel na Konte hafi gufatana mu mashati.

Aba batoza bari bashyushye mu mutwe,ndetse byageze ubwo bahangana imbonankubone,izuru kurindi mu makimbirane akomeye yarangiye bombi bahawe amakarita atukura .

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje gufata ayo mashusho maze bagashyiramo amagambo bashaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Umushyushyarugamba uraza kuyobora umunsi w’igikundiro yamenyekanye

Hagiye kuba Misa yo gusabira Yvan Buravan urwaye