in

Imirimo yo kuvugurura Sitade Amahoro irarimbanyije_ AMAFOTO

Imirimo yo kuvugurura sitade Amahoro irarimbanyije

Inzobere mu bwubatsi ndetse n’abandi babafasha barakora umunsi ku munsi ngo imirimo yo kuvugurura sitade Amahoro yihutishwe.

Sitade Amahoro ifatwa nka sitade ya mbere nini mu gihugu cy’u Rwanda, kuri ubu igiye kuzuza igihe kingana n’umwaka iri kuvugururwa kuburyo izashyirwa ku kigero mpuzamahanaga ndetse igahabwa n’ibipimo byemewe na CAF na FIFA.

Imirimo yo kuvugurura sitade Amahoro irarimbanyije

Ibikorwa byo kuvugurura Stade Amahoro birarimbanyije biteganyijwe ko izuzura muri 2024, igatwara asaga
Miliyari 160 z’Amafaranga y’u Rwanda aho izajya yakira abasaga 45,000 bicaye neza.



Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yatangiye kuba akanyenyeri muri APR FC! Umutoza wa APR FC yaciye ibintu muri rubanda nyuma yo kugereka intsinzi y’ibitego 6 ku mukinnyi umwe gusa w’iyi kipe

Haringingo Francis yanyuzwe n’uburyo rutahizamu we yamufashije kwegukana amanota 3