in

Imibare igiye kuzamo ibihekane! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wari utegerejweho ibitangaza mu kujyana ikipe y’igihugu Amavubi mu gikombe cya Afurika, ntabwo akije mu Rwanda

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wari utegerejweho ibitangaza mu kujyana ikipe y’igihugu Amavubi mu gikombe cya Afurika, ntabwo akije mu Rwanda

Imanishimwe Emmanuel ntabwo akitabiriye umukino u Rwanda ruzakiramo Mozambique.

Byari biteganyijwe ko myugaririro Imanishimwe Emmanuel Manguende ukina muri FAR Rabat yo muri Morocco agera mu Rwanda uyu munsi ariko byahindutse ntabwo akije.

Ikipe ye ya FAR Rabat niyo yimanye uyu mukinnyi bitewe nuko iri kurwanira igikombe cya shampiyona nyuma y’imyaka 15 ishize batagitwara, basigaye imikino 2 kandi yose bayitsinze bakegukana igikombe.

Amavubi aratana mu mitwe na Mozambique mu mpera z’iki cyumweru kuri sitade mpuzamahanga ya Huye mu mukino wo mu itsinda L mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera muri Cote d’Ivoire.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho irazinyuka imwe ku yindi! Ikipe ya APR FC iri mu biganiro n’umutoza bazaha inshingano zo kuyigeza mu matsinda

Zijya ku ngana n’izakubiswe Yesu, Umusaza w’imyaka 61 yasanzwe mu murima akubitirwamo nk’izasagutse ku mwana w’imana dore ko nawe byarangiye ahasize ubuzima