in

“Imfura ingana na Se”-Bushali yatunguye abatari bake azana imfura ye kuri stage (video)

Umuhanzi Bushali umaze kwigarurira imitima y’abenshi muri muzika nyarwanda kubera ibihangano bye bikunze n’urubyiruko rwinshi hanze aha.

Bushali yongeye gushimisha abakunzi be mu gitaramo cya Rap city aho yaririmbye zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe mu bihe bitandukanye kuva yatangira muzika.

Bushali yongeye gutangaza abatari bake ubwo yinjiraga ku rubyiniro ari kumwe n’imfura ye Bushali Moon byashimishije abatari bake dore ko umuhungu we yafashaga Se gushimisha abakunzi be.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sandra Teta yongeye kugaragara yaryohewe n’ubuzima i Kigali (Amafoto)

“Umugabo w’umuherwe arashaka kumpa miliyoni 2 ngo turyamane kandi nkiri isugi ,ndi n’umukene mbyemere?”umunyarwandakazi yabuze amahitamo