in

Imana ikomeze imurengere nta mvura idahita: n’ubwo umubyinnyi Titi Brown atorohewe n’uburoko akomeje gusabirwa ku mana na benshi

shimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown kubwo kubyina abikoranye ubuhanga bigakundwa n’abatari bake, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure.

Uku gusubikwa k’uru rubanza byasabwe n’umwunganira mu mategeko Me Mbonyimpa Elias, nyuma yo kwandikira urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge asaba ko uru rubanza rwakimurirwa ku yindi tariki kubera ko atabashije kubonana n’umukiriya we kubera uburwayi.

Abantu benshi nyuma yo kubona amwe mu mafoto ye bagize amarangamutima n’impuwe nyinshi nyuma yo kubona uko yabaye.

Benshi bahise batanga ubutumwa bw’ihumure kiri we ndetse banizera ko ibi azabicamo.

Bumwe mu butumwa bwa bamwe mu bakunda uyu mubyinnyi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Benda Ivan
1 year ago

TiTi Brown is innocent 😭🙏🏾
#JusticeForTitiBrown
#FreeTiTiBrown

Perezida wa Rayon Sports yakoze agashya ategera abakinnyi akavagari k’amafaranga na bo bamuha isezerano ryo kuzanyagira Rutsiro FC

Victor Osimhen ukinira Napoli yakoze ibyo abakinnyi benshi ku isi batajya babasha gukora (AMASHUSHO)