in

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore nyuma yo gutsindwa 7-0 i Kigali, ibitego itsinzwe mu mukino wo kwishyura muri Ghana byatumye aba bakobwa bagiye gutaha bimyiza imoso

Ikipe y’u Rwanda y’Abagore imaze gukina na Ghana mu mukino wo kwishyura wo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika.

Umukino ubanza wabereye kuri Kigali Pelé Stadium warangiye Amavubi atsindiwe iwayo ibitego 7-0.

Mu mukino wo kwishyura, ikipe ya Ghana yari imbere y’abafana bayo yaje gutsinda u Rwanda ibitego 5-0. Bivuze ko u Rwanda rusezerewe rutsinzwe ibitego 12-0.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baba bishyuwe ngo bashimishe abagabo bari mu buriri! Mu ibanga rikomeye cyane, hamenyekanye impamvu Videwo z’urukozasoni zose za bamwe mu banyarwandakazi zijya hanze bagaragaza ubwambure bwabo (VIDEWO)

Yakuyemo akayo karenge! Kiyovu Sports Association yakuyeho ikitwa Kiyovu Sports Company yari iyobowe na Juvenal Mvukiyehe