in

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kunanirwa gutsinda AMAGAJU FC yaje kwirwanaho ibona intsinzi ku ikipe mpuzamahanga umukinnyi yongera gushimangira ko adakwiye kwicazwa

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kunanirwa gutsinda AMAGAJU FC yaje kwirwanaho ibona intsinzi ku ikipe mpuzamahanga umukinnyi yongera gushimangira ko adakwiye kwicazwa

Kuri iki cyumweru tariki 3 Nzeri 2023, ikipe ya Rayon Sports yagiye mu karere ka Nyanza aho iyi kipe yavukiye abakinnyi babwirwa ndetse bigishwa byinshi bijyanye n’umuco nyarwanda.

Nyuma yo kuzenguruka ibyiza bigize aka karere, ikipe ya Rayon Sports yakinnye umukino n’ikipe ya Al-Merriekh yo mu gihugu cya Sudan irimo gukorera imyitozo hano mu Rwanda kugirango bahe ibyishimo abaturage b’aka Karere. Uyu mukino waje kurangira Rayon Sports ibonye intsinzi y’igitego kimwe ku busa.

Muri uyu mukino umutoza yahisemo gukoresha abakinnyi batabona umwanya barimo Moussa Essenu, Masta, Roger, Hakim ndetse n’abandi. Abari kuri uyu mukino bahavuye bibaza ukuntu Rudasingwa Prince atabona umwanya nyuma yo kwitwara neza agatsinda igitego ndetse no ku mukino banganyijemo N’AMAGAJU FC niwe watsinze byagoranye.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aya ma million afitwe na bake! Israel Mbonyi yaciye agahigo kaciwe na bake hano mu Rwanda

Noneho Byiringiro League ntagitsinda igitego 1 gusa mu mukino! Rutahizamu Byiringiro League yongeye kwandagaza ikipe i Burayi ari wenyine aha ubutumwa Senegal yitegura guhura n’Amavubi yahamagawemo