in

Ikipe ya Rayon Sports irava muri Libya imanukanye umukinnyi ukomeye mushya wakoze ibitangaza ndetse anakundwa n’abanyarwanda benshi

Ikipe ya Rayon Sports irava muri Libya imanukanye umukinnyi ukomeye mushya wakoze ibitangaza ndetse anakundwa n’abanyarwanda benshi

Kuri uyu wa gatanu ikipe ya Rayon Sports irakina umukino wayo wa mbere muri CAF Confederations Cup sezo 2023/2024 n’ikipe ya Al Hilal Benghazi yo mu gihugu cya Libya.

Ikipe ya Rayon Sports nubwo itigeze ibishyira ahagaragara amakuru ahari avuga ko iyi kipe nyuma yo gukina uyu mukino wa mbere irahita isinyisha rutahizamu mushya Muhire Kevin wakinaga muri Kowait.

Uyu mukinnyi hashize igihe kitari kinini ayivuyemo ndetse muri iyi meshyi ishize byigeze kuvugwa ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwifuje cyane Muhire Kevin wayigiriyemo ibihe byiza ariko ntabwo azakoreshwa muri iyi mikino kubera ko atari ku rutonde, ariko igeze mu matsinda yaba ari mu bandi.

Rayon Sports irasabwa gutsinda imikino 2 gusa kugirango yerekeze mu matsinda ya CAF Confederations Cup nyuma y’imyaka igera kuri 5 ititabira aya marushanwa ifitemo amateka.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bose biga i Kigali: Umutoniwase Kelie niwe wahize abandi banyeshuri mu gihugu mu bizamini bya leta bisoza icyiciro rusange akurikirwa na Ihimbazwe Niyikora Kevine

Batitaye ku nkubi iriyo, Rayon Sports yafashe urugendo rugana muri Libya (AMAFOTO)